As part of the program to clean and renovate Gicumbi town, the administration and local people of Gicumbi district are busy planting trees and flowers, forming gardens in the whole of Gicumbi town in a program called greening. Emmanuel Kayumba the health officer in this district says in this greening program, 700 araucaria trees, 2000 [...]
Mu rwego rwo gukomeza gutunganya umujyi wa gicumbi hanagenda hubakwa amazu agezweho mu bice bimwe na bimwe by’uyu mujyi, akarere ka Gicumbi gashishikajwe no gutera ibiti by’ imitako ndetse n’indabyo. Kayumba Emmanuel,ushinzwe ibijyanye n’ubuzima mukarere ka gicumbi avuga ko muri iyi gahunda yitwa greening mu rurimi rw’icyongereza hamaze guterwa ibiti bigera kuri 700 bya Araucalia [...]
Abagize karabu z’isuku mu midugudu barakangurirwa kugira uruhare mu gukemura ibibazo bijyanye n’isuku nke bigaragara mu midugudu batuyemo. Ibi byagarutsweho mu mahugurwa y’umunsi umwe y’abagize karabu z’isuku zo mu midugudu igize Umurenge wa Gakenke kuri uyu wa mbere tariki 01/04/2013. Abagize karabu z’isuku bibukujwe ko bafite inshingano zo kwigisha abaturage isuku kugira ngo bagire ubuzima [...]
While residents are being sensitised on living in good environment with fresh air, fruit trees and vegetables as well make good gardens in front or behind the houses. This comes after many people think that gardens have to have grass and flowers. Using fruit trees and vegetables to make gardens is one way of fighting [...]
Kuri iki gihe abantu bashishikarizwa gutura heza kandi hasa neza, banasabwa kugira ubusitani imbere y’aho batuye ndetse n’ibiti bibazanira umwuka mwiza. N’ubwo hari abumva ubusitani bakibwira ko bugomba kuba buteyemo indabyo cyangwa ibyatsi bya pasiparumu gusa, bityo bakaba bakwinubira kubukora batekereza ku butoya bw’ubutaka bafite, bari bakwiye kumenya ko hari n’ibihingwa byavamo ibiribwa kandi bigakora [...]
Guverineri w’intara y’amajyaruguru atangaza ko hagiye kujyaho ikipe igenzura niba hagunda yo kurimbisha aho abantu batuye “Greening and Beautification” yarashyizwe mu bikorwa uko byifuzwa kuburyo aho bizagaragara ko itakurikijwe bazabibazwa. Bosenibamwe atangaza ibi mu gihe hashize igihe kigera ku mwa iyo gahunda igiye ho ariko usanga hamwe na hamwe itagikurikizwa. Iyo gahunda isaba abantu batandukanye [...]
Some residents do not understand the importance of trash cans (poubelle) While they are put there for passersby to drop garbage in them, garbage bins in Gakenke town are like decorative pieces since they are never used. Some of the residents revealed they didn’t know the bins are for garbage for example yellow banana peelings [...]
Abagenzi bakoresha umuhanda wa kaburimbo Kicukiro-Nemba, cyane cyane ku ma santeri y’ubucuruzi ari kuri uwo muhanda mu karere ka Bugesera, barasaba ubuyobozi bw’ako karere kubashyiriraho ubwiherero rusange kuko bibagora kubona aho biherera mu gihe barimo gukoresha uwo muhanda. Abaturage basanga iki ari ikibazo ubuyobozi bw’akarere bukwiye kwihutira gukemura kuko ngo kibangamiye yaba ari abagenzi cyangwa [...]
Mu Mujyi wa Gakenke hashyizwemo poubelle zigomba gukoreshwa n’abagenzi bajugunyamo ibyo barangije kurya cyangwa indi myanda iyari yo yose ariko izo poubelle zimeze nk’umutako mu mujyi. Bamwe mu bagenzi twaganiriye badutangarije ko batari bazi ko ari ho bashobora kujungunya ibishishwa by’imineke cyangwa indi myanda kuko nta muntu wigeze abasobanurira icyo zimaze ngo zikoreshwe. Mutumura Samuel [...]
Abagize itsinda rigenzura imikorere ya bimwe mu bikorwa biri mu karere ka Muhanga, bihanangirije resitora iri muri uyu mujyi ku isuku nke bayisanganye. Ubwo basuraga iyi resitora bakaba basanze hari bimwe bitagenda, cyane cyane isuku nke iranga imisarane yayo ndetse n’aho batekera mu gikoni. Umusarane w’iyi resitora uri hafi y’aho abakiliya barira ndetse n’aho banywera [...]
Recent Comments