N’ubwo umugi wa Kibuye utaratera imbere cyane nk’indi migi imwe n’imwe y’u Rwanda, ibyo umaze kugeraho biratanga icyizere cy’ejo hazaza heza, haba ku mugi ubwawo ndetse n’abawutuye. Abayobozi bahagurukiye ibikorwa by’ubwubatsi bwemewe n’amategeko, ndetse n’ibikorwa by’isuku bihabwa umwanya w’ibanze kuburyo umuntu ugeze mu mugi wa Kibuye muri minsi itandukaniro riragaragara cyane ugereranyije na Kibuye [...]
When you enter any town, city or country; there are things that must capture your eyes and keep your interest on or off. Some of those things are imaging in Gakenke district though in this perspective, your eyes will be positively captured as you get into the town and meet varieties of trees and flowers, [...]
Iyo ugeze mu Mujyi wa Gakenke ubona isura yarahindutse hamwe na hamwe kubera ivugurura ry’amazu yasizwe amarangi ndetse n’ubusitani bunogeye ijisho buri mu mujyi rwagati wa Gakenke. Ubwo busitani bugaragaza Umujyi wa Gakenke neza buzengurutswe n’amabaye asize irangi ry’umweru n’umukara, imbere hateyemo indabyo, ibyatsi bizwi nka pasiparame ndetse n’ibiti bitandukanye bibukikije. Ndahimana Jean Pierre ni [...]
Ahagenewe kujugunkwa imyanda Abashinzwe gukora isuku mu mujyi w’akarere ka Nyamagabe baravuga ko bagihura n’akazi kenshi, bitewe n’uko abaturage batuye muri uyu mujyi bataracika ku ngeso yo kujugunya imyanda aho babonye hose kandi hari aho yagenewe kujya ijugunkwa “poubelle”. Nyirakanani Emilence umuyobozi wa cooperative Umucyo Iwacu Gasaka ishinzwe gusukura muri uyu mujyi, avuga ko [...]
Hafi y’aho imodoka zihagarara zifata abagenzi baturuka mu mugi wa Butare bagana i Nyamagabe n’i Rusizi, hari amakioske abagenzi baguramo utwo bakeneye nk’amata n’imigati, Hepfo gato y’ayo makioske, mu ishyamba rihari, hari ahantu haba hari imyanda itari myinshi urebesheje ijisho, Gusa unyura mu muhanda ushamikiye kuri uwo munini ugana mu Ngoro y’Umurage y’i Huye, asanganirwa [...]
Mu gihe abaturage bo mu mujyi wa Muhanga bari bamaze igihe kitari gito binubira ibimoteri biherereye ku isoko rya Muhanga no muri gale ya Muhanga kubera umunuko wabyo, ubuyobozi bw’aka karere bwatangaje ko iki kibazo kigiye gukemurwa vuba kuko hari ingamba zamaze kubifatirwa. Iyo ugeze kuri gale ya Muhanga, ubona ko ifatanye n’ikimoteri cy’imyanda iba [...]
Abakubura amasoko ya Kamuhanda na Gashyushya yo mu Karere ka Kamonyi bemeza ko akazi kabo kabafasha kubona ibyo bakeneye kandi bakabasha no gukora indi mirimo ibateza imbere Mukamana Epiphanie akubura isoko rya Gashyushya riherereye mu murenge wa Gacurabwenge, akagali ka Kigembe mu mudugudu wa Kabatsi. Uyu mubyeyi w’abana umunani, abasha gukemura ibibazo [...]
Hamwe na hamwe mu mirenge yo mu karere ka Burera imisarane ya ECOSAN (Ecological Sanitation) ntigikorehswa. Iyo ugiye mu masoko, ku mihanda cyangwa ahandi hantu hateranira abantu benshi usanga iyo misarane yubatse ariko ifunze. N’umusarane ubonye ufunguye iyo uwinjiye mo uhita usohoka kubera isuku nke iwurangwa mo. Mu masoko ariko usanga ariho iyo [...]
Recent Comments