// archives

cleaness

This tag is associated with 4 posts
Nyamagabe isuku igaragara

Nyamagabe: isuku igaragara mu ruganda rwa Kitabi Tea Company ikwiye kubera izindi nganda urugero-minisitiri Kanimba

              Minisitiri Kanimba asura Kitabi Tea Company Ubwo yasuraga uruganda rutunganya icyayi rwa Kitabi Tea Company, tariki ya 04/02/2012 minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Francois Kanimba, yashimishijwe n’isuku igaragara muri uru ruganda, akaba asaba n’izindi nganda kurushaho kurangwa n’isuku.                   Aho icyayi gitunganyirizwa [...]

Ngoma

Ngoma: Imbuga zose zo mungo zigomba kuba ziteyemo ibyatsi ya pasiparumu

Umuyobozi w’akarere ka Ngoma Niyotwagira Francois arasaba abaturage bose b’aka karere gukurikiza amabwiriza y’ isuku yashyizweho yo gutera ibyatsi mu mbuga z’ ingo zabo. Ibi umuyobozi yabivuze  tariki 19/11/2012 mu murenge wa Kibungo ubwo bari  mu cyumweru  cy‘imiyoborere myiza mu karere ka Ngoma. Mu ijambo rye yakomoje kuburyo imiyoborere myiza ari ishakira abaturage ibyiza no [...]

Ikimoteri cy imyanda

Ikimoteri cy’imyanda cy’akarere ka Rubavu kibangamiye abaturage

Abaturiye ikimoteri kimenwamo imyanda mu karere ka Rubavu kibarizwa mu murenge wa Rubavu, akagari ka Rukoko umudugudu wa Rutagara baratangaza ko kibabangamiye kubera ko kitazitiye. Nk’uko Nikwibizi Gideon, umwe mu baturage abitangaza ngo uretse umwuka uteri mwiza uturuka mu myanda iba yahajugunywe cyane cyane iyo imvura yaguye, ngo abana babo bajyayo gushaka ibyo bita “iboro” [...]

I Rwamagana harategurwa Umukwabu w’isuku mbere y’Ubunani

Akarere ka Rwamagana kafashe icyemezo ko kuwa 29 Ukuboza uyu mwaka kagomba kuzaba karangwa n’isuku kuburyo buri cyerecyezo umuntu yakwerekezamo amaso cyose kizaba gisa neza. Ubuyobozi bw’aka Karere n’abavuga rikijyana bagatuyemo biyemeje guhwitura abaturage bose gukora isuku aho batuye n’aho bakorera kugira ngo kuwa kane tariki ya 29 uku kwezi Akarere ka Rwamagana kose, umujyi [...]

May 2013
M T W T F S S
« Apr    
 12345
6789101112
13141516171819
20212223242526
2728293031