Umuyobozi w’akarere ka Ngoma Niyotwagira Francois arasaba abaturage bose b’aka karere gukurikiza amabwiriza y’ isuku yashyizweho yo gutera ibyatsi mu mbuga z’ ingo zabo. Ibi umuyobozi yabivuze tariki 19/11/2012 mu murenge wa Kibungo ubwo bari mu cyumweru cy‘imiyoborere myiza mu karere ka Ngoma. Mu ijambo rye yakomoje kuburyo imiyoborere myiza ari ishakira abaturage ibyiza no [...]
Imyanda irunzwe mu ngo Iyo witegereje mu mujyi wa Nyamagabe, usanga hari abaturage benshi batarumva akamaro ko gukiza umwanda mu ngo batuyemo. hari aho ugera ugasanga abibanira n’imyanda, nta nagahunda bafite yo gushaka aho bayishyira. Icyakora bavuga ko bazi ingaruka mbi zituruka ku myanda. Mukandekezi Louise atuye muri uyu mujyi wa Nyamagabe, avuga [...]
Recent Comments