Mu minsi ishize, uruganda rutunganya impu rw’i Sovu, New Rucep, rwigeze guhagarikwa gukora bitewe n’uko imyanda iruturukamo yanukaga cyane abahaturiye bakabyinubira. Imodoka zari zisigaye zinyura mu muhanda wa kaburimbo uca hafi aho zifunze ibirahure kugira ngo abarimo imbere batumva umunuko wahatamaga. Ubungubu, ntibikiri ngombwa ko abagenzi baca hafi aho bafunze amazuru. Uruganda rwabyitwayemo gute? Bwana [...]
Hafi y’aho imodoka zihagarara zifata abagenzi baturuka mu mugi wa Butare bagana i Nyamagabe n’i Rusizi, hari amakioske abagenzi baguramo utwo bakeneye nk’amata n’imigati, Hepfo gato y’ayo makioske, mu ishyamba rihari, hari ahantu haba hari imyanda itari myinshi urebesheje ijisho, Gusa unyura mu muhanda ushamikiye kuri uwo munini ugana mu Ngoro y’Umurage y’i Huye, asanganirwa [...]
Recent Comments